Quincy Jones wakoranye na Michael Jackcon yitabye Imana

Quincy Jones, umunyamuziki n’umuhanga mu gutunganya muzika wakoranye na Michael Jackcon, Frank Sinatra n’abandi benshi, yapfuye…

Umunyamakuru Fatakumavuta ngo ntabwo yiteguye kuburana

Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta, yabwiye urukiko ko atiteguye kuburana kuko batabashije kubona dosiye ngo…

Miss Rwanda Divine Muheto yasabiwe gufungwa hafi imyaka ibiri

Ubushinjacyaha bwasabiye Nyampinga w’u Rwanda Divine Muheto gufungwa umwaka umwe n’amezi umunani ku byaha byo gutwara…

Impamvu Idris Elba agiye kuza gutura muri Afurika

Icyamamare muri sinema Umwongereza Idris Elba yatangaje ko mu myaka itarenze 10 azaza gutura ku Mugabane…

Icyamamare mu itsinda rya One Direction yapfiriye muri Argentine

Icyamamare Liam Payne, wahoze mu itsinda One Direction, yapfuye ku myaka 31 ari muri Argentina nyuma…

Nene Treccy asoje icyumweru ayoboye, abandi bari imbere mu matora muri Diva Award

Umukobwa uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Nene Treccy akomeje kwanikira bagenzi be mu matora yo kuri…

Taylor Swift yahigitse Rihanna aba umuhanzikazi ukize kurusha abandi ku Isi

Umuhanzikazi w’umunyamerika Taylor Swift ayoboye urutonde rw’abahanzikazi bakize ku isi nyuma yo gukuraho Rihanna. Forbes Magazine…

Sean ‘Diddy’ Combs araregwa n’abandi bashya barenga 100 barimo uwari umwana w’imyaka 9

Abantu barenga 100 bagiye kurega umuhanzi Sean ‘Diddy’ Combs ihohotera rishingiye ku gitsina, gufata ku ngufu,…

Menya umukecuru w’imyaka 81 uhataniye ikamba rya Miss Universe

Waba ujya utekereza ikintu wazaba ukora mugihe uzaba uri mu myaka 80? Hari igihe wazaba uri…

Ibyo wamenya kuri filime ya Juno Kizigenza yise “Fame is the Enemy” izatambuka kuri Zacu Tv

ZACU TV, shene ya CANAL+ inyuraho seri na filime nyarwanda, yamuritse imishinga mishya inyuranye yo muri…