AMAFOTO: Ibihe bidasanzwe byaranze Diva Hangout Party

Mu cyumweru twasoje nibwo habagaho igitaramo ngaruka kwezi cya Diva Hangout Party cyabaga ku nshuro yacyo ya gatatu, kibera The Green Lounge Kigali.

Kuri iyo nshuro kitabiriwe n’abahanzi barimo Bull Dog na Yampano. Uretse kandi abahanzi hari harimo aba Djs batandukanye nka ‘Anita Pendo, Dj Caspi, Dj Cyusa hamwe na Dj Clara. Mugihe umushyushyarugamba yari Mc Galaxy wanyuzagamo agafashwa na Anita Pendo.

Umunyarwenya Rusine nawe ari mu basekeje abantu bari bitabiriye iki gitaramo binyura benshi bitewe n’ukuntu yabaganirizaga bivanzemo n’urwenya rwinshi.

Iki gitaramo cyagiye kitabirwa n’ibyamamare bitandukanye byari byaje gushyigikira bagenzi babo.

Amafoto yindobanure yakwereka uko iki gitaramo cyagenze.

Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu
Diva Hangout Party ku nshuro ya gatatu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *