Abahanzi Nyarwanda barimo The Ben, Bruce Melodie, Kevin Kade, Element n’abandi bahataniye igihembo cy’umuhanzi w’umwaka mu…
Author: Editor
Nyampinga wa Uganda yasubije abakomeje kumwataka bamushinja kuba Umunyarwanda
Muhoza Trivia Elle uherutse kwegukana ikamba rya Nyampinga wa Uganda 2025/2026, yatangaje ko atajya atakaza umwanya…
Vestine na Dorcas bagiye kwerekeza muri Canada
Abahanzi Vestine na Dorcas bakora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bagiye gusubukura igitaramo bari bafite…
Afurika y’Epfo yatewe mpaga, Amavubi agaruka ku muryango ujya mu Gikombe cy’Isi
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi yambuye amanota atatu ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo mu mikino yo…
Menya abakinnyi ikipe ya Pyramids FC yazanye i Kigali bazahatana na APR FC
Ikipe y’umupira w’amaguru ya Pyramids FC yo mu Misiri yitegura gukina na APR FC yo mu…
Visit Rwanda mu mikoranire n’amakipe akomeye muri NBA na NFL
Ikigo cy’u Rwanda cy’iterambere (RDB) kivuga ko cyagiranye amasezerano y’”imikoranire y’igihe kirekire” n’ikipe ya basketball ya…
Nicole Kidman na Keith Urban batandukanye nyuma y’imyaka 20
Umukinnyi wa filimi akanazitunganya, Nicole Kidman ndetse n’umuririmbyi mu njyana ya Country Music, Keith Urban; batandukanye…
Iyo igutindije iragutegera – Judithe wahoze ari uwa Safi yarongowe bwa 2
Niyonizera Judithe wahoze ari umugore w’umuhanzi Safi Madiba bakaza gutandukana, yagaragaje ko yishimiye kuba yakoze ubukwe…
Hari abahanzi bamuriye Frw bamwima Collabo – Intego z’umuhanzi mushya ‘Jeje’
Niyonzima Justin ukoresha izina rya Jeje ni umuhanzi Nyarwanda ukizamuka, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Mpa…
Ibyamamare muri Sinema byahuriye muri filme bise ‘The Dream’ ikebura inkundo z’ubu
Abakinnyi bamenyerewe muri Sinema Nyarwanda barimo Shaffy, Sharon n’abandi bahuriye muri filime nshya y’uruhererekane bise The…