Umuhanzikazi w’Umunyafurika y’Epfo, Tyla Laura Seethal, umaze kwamamara nka Tyla, yanditse amateka mu itangwa ry’ibihembo bya…
Author: Editor
Ibiteye amatsiko kuri Squid Game 2: uwayihanze avuga ko yakutse amenyo 9 mu gutunganya iya mbere
Uwahanze unayobora filimi y’uruhererekane yakunzwe cyane ku isi ya Squid Game ibivugwa ko yagize umujagararo (stress)…
The Ben yababariye Fatakumavuta amusabira kurekurwa
Umuhanzi The Ben yatangaje ko yababariye umunyamakuru Sengabo jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta nyuma y’uko afunzwe…
Abahanzi barimo ab’amazina akomeye bavuzwe mu rubanza rwa Fatakumavuta
Mu rubanza ruregwamo umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta, Ubushinjacyaha bwagaragaje ibiregwa uyu mugabo birimo…
Neymar yongeye kurwaza abafana be umutima
Umunya-Brésil, Neymar Santos Júnior yongeye kugira imvune nyuma y’uko akizi indi yari imaze umwaka, ariko amara…
Gaël Faye yegukanye igihembo cya ‘Prix Renaudot 2024’ kubera igitabo yise Jacaranda
Gaël Faye, umuraperi akaba n’umwanditsi w’ibitabo ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa n’inkomoko mu Rwanda, yamaze gushyikirizwa igihembo…
Quincy Jones wakoranye na Michael Jackcon yitabye Imana
Quincy Jones, umunyamuziki n’umuhanga mu gutunganya muzika wakoranye na Michael Jackcon, Frank Sinatra n’abandi benshi, yapfuye…
Umunyamakuru Fatakumavuta ngo ntabwo yiteguye kuburana
Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta, yabwiye urukiko ko atiteguye kuburana kuko batabashije kubona dosiye ngo…
Miss Rwanda Divine Muheto yasabiwe gufungwa hafi imyaka ibiri
Ubushinjacyaha bwasabiye Nyampinga w’u Rwanda Divine Muheto gufungwa umwaka umwe n’amezi umunani ku byaha byo gutwara…
Impamvu Idris Elba agiye kuza gutura muri Afurika
Icyamamare muri sinema Umwongereza Idris Elba yatangaje ko mu myaka itarenze 10 azaza gutura ku Mugabane…