Ikipe ya Police FC yateye gapapu Rayon Sports na APR FC

Rutahizamu ukomoka muri Nigeria, Ani Elijah wakiniraga ikipe ya Bugesera FC yamaze kuba umukinnyi mushya wa Police FC mu gihe kingana n’imyaka ibiri iri imbere.

Elijah azakinira ikipe ya Police FC izahagararira u Rwanda muri caf confederation cup

Uyu mukinnyi wasoje yitwaye neza muri shampiyona y’u Rwanda byavugwaga ko yifuzwaga cyane n’ikipe ya Rayon Sports. Biravugwa ko uyu mukinnyi yaguzwe Miliyoni 50frw.

Umunyamabanga mukuru w’ikipe ya Bugesera aganira na Kigali Today yemeje ko uyu mukinnyi ukomoka muri Nigeria yamaze kuba uwa Police Fc.

Ati “Nibyo Ali Elijah wari umukinnyi wacu umwaka ushize, twari tumufite Imyaka ibiri asigaje gukina umwaka umwe, undi yari asigaranye gukina muri Bugesera FC azawukina muri Police FC twamaze kumvikana ndetse n’umukinnyi. Amasezerano yasinywe mu masaha arenga saa tanu z’ijoro.”

Ani Elijah watsinze ibitego 15 muri shampiyona uretse Police FC imwegukanye, ikipe ya Bugesera FC yanagiranye ibiganiro n’andi makipe yamwifuzaga arimo Rayon Sports na APR FC ariko zitatanze ibyifuzwaga dore ko Bugesera FC yamubonyemo arenga miliyoni 20 Frw bifuzaga.

4 thoughts on “Ikipe ya Police FC yateye gapapu Rayon Sports na APR FC

  1. menang33
    Hello! I know this is kind of off topic but I was
    wondering if you knew where I could find a captcha plugin for my comment form?
    I’m using the same blog platform as yours and I’m having problems finding one?
    Thanks a lot!

  2. pisang123 pisang123
    pisang123 pisang123
    Hey! I know this is somewhat off topic but I was wondering if you
    knew where I could locate a captcha plugin for my comment form?
    I’m using the same blog platform as yours and I’m having difficulty finding one?
    Thanks a lot!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *