Element yiziritseho igisasu aca amazimwe

Umuhanzi akaba na Producer Element Eleeh yaciye amazimwe ku bibazaga ko amajwi ye atazagaragara mu ndirimbo…

Knowless na Clement bakiriye inka bagabiwe na Perezida ku munsi udasanzwe kuri bo

Umuhanzi Butera Knowless n’umugabo we Ishimwe Clement bakiriye inka bagabiwe na Perezida Paul Kagame ku munsi…

Diamond yahaye akayabo umunyarwenya Tenge Tenge

Umuhanzi wo muri Tanzania Diamond Platnumz yahaye impano y’amafaranga angana n’amadorari 10,000 (Arenga Miliyoni 13 z’amanyarwanda)…

Umuraperi T.I yafunzwe azira ko bamwitiranyije nuwo bitiranwa

T.I wubatse izina mu muziki wa Hip Hop ku isi yose, yafunzwe na Polisi yo muri…

Ibihembo bishimira abakora mu gice cy’ubwiza “Diva Beauty Awards” bigiye kuba ku nshuro ya 2

Abakora akazi kajyanye no gukora ibintu by’ubwiza mu Rwanda barimo abakora za make up, abogoshi, abatunganya…

Rude Boy yavuze uburyo impanga ye yigeze kumugambanira ngo bamufunge

Umuhanzi w’Umunyanigeriya, Paul Okoye uzwi nka Rude Boy wamamaye mu itsinda rya P-Square n’impanga ye, Peter…

Igisobanuro cy’ubuzima, ingorane n’ishyaka kuri Queen Kalimpinya

Miss Queen Kalimpinya ni umukobwa wahatanye mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda 2017, nyuma ajya no…

Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Epfo ategerejwe mu Rwanda

Umuhanzikazi wo muri Afurika y’Epfo, Siphesihle Nkosi uzwi nka Chley wamamaye muri RMX y’indirimbo ‘Komasava’ iri…

Ibintu bifasha Oda Paccy mu kumenya ahazaza he

Umuhanzikazi w’umuraperi Oda Paccy yavuze ingingo zitandukanye z’ibintu agenderamo bikamufasha ku hazaza he ariko agendeye ku…

Cardi B yatangaje ko atwite nyuma yo kwaka gatanya n’umugabo we

Umuhanzikazi w’Umunyamerika, Belcalis Marlenis Cephus wamamaye nka Cardi B, yatangaje ko ari kwitegura kwibaruka ubuheture, mu…